Agashya!
UMUNARA W’UMURINZI
Inama zagufasha kumenya—icyiza n’ikibi
Reba uko wafata imyanzuro yazakugirira akamaro, ikanakagira umuryango wawe mu gihe kizaza.
AMAKURU
Gukorera Yehova birashimisha
IZINDI NGINGO
Uko Bibiliya ibona ibirebana n’umutekano w’abagore
Umutekano w’abagore ni ikintu Imana iha agaciro cyane. Menya impamvu ibitaho n’icyo izakora kugira ngo ikureho akarengane bahura na ko.
IBIBAZO URUBYIRUKO RWIBAZA
Kurambagiza—Igice cya 3: Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?
Ese wagombye gukomeza gukundana n’umuntu niba hari ibintu ushidikanyaho? Iyi ngingo ishobora kugufasha gufata umwanzuro.
KOMEZA KUBA MASO
Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Håkan Davidsson: Nifatanyije mu guteza imbere ukuri ko muri Bibiliya
Håkan yishyiriyeho intego zo gukorera Yehova akiri muto, aho gukurikira abenshi mu rungano rwe babagaho binezeza.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Kwiyigisha neza bizagufasha gukomeza kuba maso
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Ibibazo by’abasomyi—Nyakanga 2024
‘Umugore’ uvugwa muri Yesaya 60:1 ni nde, kandi se ‘ahaguruka’ ate, ‘akamurika’ ate?
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Uko wamenyera itorero rishya
Hari Abakristo benshi bimukiye mu yandi matorero bikagenda neza. Ni iki cyabiteye? Riba ibintu bine byagufasha mu gihe wimukiye mu rindi torero.
UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA
Nyakanga 2024
Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 9 Nzeri–6 Ukwakira 2024.
AMAKURU
“Gucika intege byo ntibirimo”
IZINDI NGINGO
Gufasha abandi byatuma urwanya irungu—Ni iki Bibiliya ibivugaho?
Reba ibintu bibiri bishobora gutuma ufasha abandi.