Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUNARA W’UMURINZI No. 3 2020 | Wakora iki ngo Imana iguhe imigisha?

Ni iyihe migisha Imana yadusezeranyije? Ni iki kikwemeza ko ibyo Ijambo ry’Imana rivuga ari ukuri? Mu bice bikurikira turasuzuma bimwe mu bintu Imana yadusezeranyije n’impamvu twizera ko izabiduha. Nanone turareba icyo twakora kugira ngo tuzabibone.

 

Imana izatwitaho kandi iturinde kugeza iteka ryose

Ese wifuza kuba mu isi itarimo intambara, urugomo n’indwara? Ibyo bizabaho kuko Imana yabidusezeranyije.

Umuremyi wacu aradukunda

Imana itwitaho nk’uko umubyeyi ukunda umuryango we awitaho. Ibikora ite?

Uko Imana itumenyesha amasezerano yayo

Imana yakoresheje ite abahanuzi kugira ngo bandike ubutumwa bwayo?

Ese Ibyanditswe Byera byarahindutse?

Reba ibyo abahanga bavuze kuri Bibiliya dufite muri iki gihe.

Icyo abahanuzi bavuze ku Mana

Abahanuzi batatu bakundaga Imana badufasha kumenya uko twabona imigisha y’Imana.

Jya usenga buri gihe

Twasenga dute ngo Imana itwumve kandi iduhe umugisha?

Abumvira Imana babona imigisha

Suzuma ibintu bibiri bigaragaza ko iyo twumviye Imana tubona imigisha.

Uko twakunda bagenzi bacu

Gukunda bagenzi bacu si ko buri gihe bitworohera, ariko birashoboka.

Jya ufasha abandi

Ni mu buhe buryo iyo dufashije abandi bituma Imana iduha iduha imigisha?

Umuremyi wacu azaguha imigisha ubeho iteka

Isi izaba imeze ite Imana niduha imigisha yasezeranyije Aburahamu?

Ese wibajije ibi bibazo?

Reba ibisubizo wibaza ku buzima no ku Mana.