Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUNARA W’UMURINZI No. 3 2021 | Wakora iki ngo uzabeho neza mu gihe kizaza?

Wakora iki ngo uzabeho neza mu gihe kizaza? Iyi gazeti irimo bimwe mu byo abantu bakora ngo bizere ko bazabaho neza. Iranakwereka ahantu hamwe gusa hatubwira icyo twakora ngo twizere ko tuzabaho neza.

 

Buri wese yifuza kuzabaho neza mu gihe kizaza

Ni hehe washakira inama ziringirwa mu gihe k’ibyago?

Ni iki mu by’ukuri cyagufasha kuzabaho neza mu gihe kizaza?

Hari abumva ko imbaraga ndengakamere, urugero nk’ubupfumu, kuragurisha inyenyeri, kongera kuvukira mu kindi kinyabuzima n’ibindi, bibafasha kumenya ibizababaho.

Ese amashuri menshi n’amafaranga byatuma umuntu yizera ko azabaho neza?

Abantu benshi babonye ko ubukire n’amashuri bitatumye babona ibyo bari biteze.

Ese kuba umuntu mwiza byatuma wizera ko uzabaho neza mu gihe kizaza?

Kuba umuntu mwiza bifite akamaro, ariko ntibihagije kugira ngo umuntu yizere ko azabaho neza.

Ni hehe twakura inama nyazo zadufasha kuzabaho neza mu gihe kizaza?

Mu gihe dufata imyanzuro, akenshi tugisha inama umuntu uturuta kandi uturusha ubwenge. Mu buryo nk’ubwo, dushobora kubona inama ziringirwa zirebana n’igihe kizaza.

Ushobora guhitamo uko uzabaho mu gihe kizaza

Ni ayahe mahitamo dushobora kugira?

Icyo wakora ngo uzabeho neza mu gihe kizaza

Utekereza ko ari iki cyatuma wizera ko uzabaho neza mu gihe kizaza?