Garukira Yehova

Yehova ashakisha intama zazimiye kandi agusaba kumugarukira.

Ibaruwa y’Inteko Nyobozi

Iyi baruwa y’Inteko Nyobozi igamije gutera inkunga abagaragu b’Imana bavuye mu mukumbi.

IGICE CYA 1

“Iyazimiye nzayishaka”

Ese Imana ibona ko intama yazimiye yarenze igaruriro?

IGICE CYA 2

Imihangayiko​—“Turabyigwa impande zose”

Niba wumva umanjiriwe bitewe n’uko udashobora gukorera Yehova ibyo wakoraga mbere, hari ikintu cyoroheje gishobora kugufasha kungukirwa n’imbaraga atanga.

IGICE CYA 3

Mu gihe hari uwakubabaje​—“Igihe umuntu agize icyo apfa n’undi”

Hari amahame atatu yo muri Bibiliya ashobora kugufasha mu gihe wumva ko hari Umukristo wakubabaje.

IGICE CYA 4

Kwicira urubanza​—“Unyezeho icyaha cyanjye”

Wakora iki ngo ugire umutimanama utagucira urubanza?

IGICE CYA 5

Mugarukire “umwungeri akaba n’umugenzuzi w’ubugingo bwanyu”

Ko nshaka kugarukira Yehova nahera he? Abagize itorero bazanyakira bate?

Umwanzuro

Ese ujya utekereza ku bihe byiza wagiranaga n’abagize ubwoko bwa Yehova?