Umurimo dukora wo kubwiriza

UMURIMO WO KUBWIRIZA

Gahunda yo kubwiriza muri Lapland yageze kuri byinshi

Menya ukuntu abasangwabutaka bo muri Lapland bakiriye ubutumwa bwiza Abahamya babagejejeho.

UMURIMO WO KUBWIRIZA

Gahunda yo kubwiriza muri Lapland yageze kuri byinshi

Menya ukuntu abasangwabutaka bo muri Lapland bakiriye ubutumwa bwiza Abahamya babagejejeho.

Mu Budage hari gahunda yo kubwiriza abagiye mu biruhuko

Abahamya bashyize utwo tugare mu migi minini ituwe n’abantu benshi. Ese iyo gahunda izagira icyo igeraho mu migi mito yo mu Budage, aho abantu bajya kuruhukira?

“Impano Imana yahaye abantu”

Abanyeshuri n’abarimu babo batangajwe no kubona Bibiliya, ibitabo by’imfashanyigisho zayo na videwo byari mu imurika ryabereye muri Rumaniya.

Kugeza ubutumwa bwiza ku Basinti n’Abaroma baba mu Budage

Muri gahunda yihariye yo kubwiriza yabaye mu mwaka wa 2016, Abahamya batanze inkuru z’Ubwami 3.000, baganira n’Abasinti n’Abaroma barenga 360 kandi batangiza ibyigisho bya Bibiliya 19.

Muri Botswana hamuritswe ibindi bintu by’agaciro

Abana bashimishijwe na videwo z’uruhererekane zifite umutwe uvuga ngo Ba incuti ya Yehova zigisha amasomo yo muri Bibiliya mu buryo bwumvikana.

Ubutumwa bwiza bugera ku basare

Abahamya ba Yehova bashyizeho gahunda yo kubwiriza abasare baba bari ku byambu. None se abo basare babyakiriye bate?

Abahamya babwirije abantu bari baje i Paris

Abahamya bifatanyije muri gahunda yihariye yo kugeza ku bandi ibyiringiro bishingiye kuri Bibiliya by’uko hazabaho isi itarimo ibyuka byangiza ikirere.

Ubutumwa bwiza bugera ku basangwabutaka bo muri Kanada

Abahamya ba Yehova bafasha abasangwabutaka kumva ubutumwa bwiza mu ndimi zabo kavukire, bigatuma bamenya Umuremyi wabo.

Ibirori byahuje abasangwabutaka bo muri Amerika byabereye mu mugi wa New York

Mu birori byabaye mu mwaka wa 2015, abantu benshi batangajwe n’uko Abahamya ba Yehova bahindura ibitabo mu ndimi zivugwa n’abasangwabutaka bo muri Amerika.

Bagenda ku butaka bwo mu nyanja bagiye kubwiriza

Bagenda ku butaka bwo mu nyanja bagiye kubwiriza.

Ubutumwa bwo muri Bibiliya bugera mu turere twitaruye two mu majyaruguru

Abahamya ba Yehova bamara igihe babwiriza mu turere twitaruye two mu majyaruguru, bafasha abantu kwiga Bibiliya nubwo bahura n’ibibazo bitandukanye.

Kwamamaza urubuga rwa JW.ORG mu imurika ryabereye i Toronto

Abahamya ba Yehova batanze ibitabo, berekana videwo kandi bereka abantu uko bagera ku rubuga rwa jw.org. Abantu babyakiriye bate?

Ubu hari utugare dusaga 165.000

Nubwo kubwiriza ku nzu n’inzu bikiri uburyo bw’ingenzi Abahamya bakoresha babwiriza, utugare dushyirwaho ibitabo na two dutuma bagera ku bantu benshi.

Abahamya ba Yehova bariyongereye mu buryo butangaje

Muri Kanama 2014, hirya no hino ku isi hari Abahamya ba Yehova basaga miriyoni 8. Ni mu buhe buryo umubare wabo wiyongereye kuva mu Ntambara ya Mbere y’isi yose?

Gahunda yakozwe ku isi hose yo kwamamaza urubuga rwa JW.ORG

Muri Kanama 2014 Abahamya ba Yehova batanze agatabo kagamije kwamamaza urubuga rwabo rwa jw.org. Bageze ku ki?

Mu Bufaransa habereye imurika rya Bibiliya ryihariye

Abantu bitabiriye imurika mpuzamahanga ryo mu mwaka wa 2014 ryabereye mu mugi wa Rouen, mu Bufaransa, basuye aho Abahamya bamurikiye Bibiliya.

Gukoresha JW.ORG dutangaza ubutumwa bwo muri Bibiliya

Abahamya ba Yehova, baba abato n’abakuru, bishimira gukoresha urubuga rufite isura nshya kugira ngo bageze ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana ku bantu benshi bashoboka.

Babwiriza mu ifasi yitaruye yo muri Ositaraliya

Jyana n’umuryango w’Abahamya ba Yehova mu rugendo rushimishije bamazemo icyumweru bageza ukuri kwa Bibiliya ku bantu batuye mu cyaro cyo muri Ositaraliya.

Babwiriza mu ifasi yitaruye yo muri Irilande

Abagize umuryango barasobanura uko kubwiriza ubutumwa bwiza mu ifasi yitaruye byatumye barushaho kunga ubumwe.

Babwiriza mu midugudu ituriye uruzi rwa Xingu

Abahamya ba Yehova bafashe ubwato kugira ngo bageze ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana ku baturage batuye mu midugudu ituriye urwo ruzi

Abakunda umudendezo bahuriye mu munsi mukuru w’amato

Abahamya ba Yehova bakoresheje utugare bashyiraho ibitabo maze baha ba mukerarugendo bari baje mu munsi mukuru w’amato ibitabo bishingiye kuri Bibiliya ku buntu.

Ishuri rya Gileyadi rimaze imyaka mirongo irindwi ribayeho

Ishuri rya mbere rya Gileyadi ryatangiriye mu majyaruguru ya New York ku ya 1 Gashyantare 1943. Kuva icyo gihe, ryahaye ababwiriza imyitozo yabafashije kwigisha abandi ibyerekeye Imana.

Kuki biga ikibengali?

Kuki Abahamya ba Yehova 23 bo mu mugi wa Queens i New York muri Amerika, bize ururimi rw’ikibengali?

Videwo: Nta wutatereraho akajisho!

Irebere uko gahunda yihariye yo kubwiriza mu gace ka Manhattan i New York, yatumye abantu benshi babona ibitabo by’imfashanyigisho za Bibiliya.

Agashya i Manhattan, New York

Menya gahunda yihariye yashyizweho kugira ngo tugeze ubutumwa bwo muri Bibiliya ku bantu.