Soma ibirimo

Kurera abana

Uko waba umubyeyi mwiza

Uko waba umubyeyi mwiza

Uko umugabo yitwara ataragira abana byerekana ishusho y’umubyeyi azaba we nagira abana.

Icyo ababyeyi bamenya ku bigo basigamo abana babo bato

Hari ibibazo bine ugomba kwibaza mbere yo gusigira umwana wawe umurera.

Nakora iki ngo mbe umubyeyi mwiza?

Wakora iki ngo urere abana neza?

Ese umwana wange yagombye gutunga terefone igezweho?

Jya wibaza ibi bibazo kugira ngo umenye niba witeguye gufasha umwana wawe gukoresha neza terefone kandi n’umwana akaba yiteguye kuyikoresha neza.

Uko nakwigisha umwana wange gukoresha terefone igezweho

Abana b’abahanga mu ikoranabuhanga na bo bakenera ko ababyeyi babayobora kugira ngo bakoreshe neza terefone zigezweho.

Rinda umwana wawe kureba porunogarafiya

Abana bashobora kuba bugarijwe n’ikibazo cya porunogarafiya kurusha uko wabitekerezaga. Ni iki ukwiriye kuzirikana kandi se wakora iki ngo urinde umwana wawe?

Kuki gusoma ari by’ingenzi ku bana?—Igice cya 1: Gusoma cyangwa kureba videwo?

Abana benshi bikundira kureba videwo. Ababyeyi bakora iki ngo babashishikarize gusoma?

Kuki gusoma ari iby’ingenzi ku bana?—Igice cya 2: Gusoma igitabo gicapye cyangwa gusomera ku gikoresho cya eregitoronike?

Ese ni byiza ko abana basoma bakoresheje igikoresho cya eregitoronike cyangwa igitabo? Byombi bifite akamaro.

Uko waba umubyeyi mwiza

Uko wafasha umwana wawe kwirinda imyifatire mibi iriho muri iki gihe.

Uko wafasha abana bawe kudaterwa ubwoba n’ibyo babona mu makuru

Ni iki ababyeyi bakora ngo bafashe abana babo kudaterwa ubwoba n’ibyo babona mu makuru?

Umuryango mwiza—Gutanga urugero rwiza

Iyo ibyo uvuga bihuje n’ibyo ukora bifasha abana bawe.

Mu gihe mufite umwana wamugaye

Suzuma inzitizi 3 ushobora guhura na zo n’uko Bibiliya yagusha kuzitsinda.

Gutoza

Akamaro k’imikino ifasha abana gutekereza

Imikino ifasha abana gutekereza igira akamaro kurusha imikino abandi bakinnye cyangwa ibikorwa byateguwe n’abandi.

Akamaro ko gutoza abana imirimo

Ese utinya guha abana banyu imirimo? Niba ari ko bimeze, suzuma uko guha abana imirimo bituma bagira ibyishimo kandi bakamenya kwirwanaho.

Nakora iki mu gihe umwana wange yumva yarambiwe?

Dore bimwe mu byo wakora mu gihe umwana wawe yirirwa mu rugo nta cyo akora.

Uko warera abana bubaha mu isi irangwa n’ubwikunde

Dore ibintu bitatu watoza abana bawe bikabafasha kwirinda ubwikunde.

Jya wigisha abana bawe gushimira

Ndetse n’abana bato cyane bashobora kwiga kuvuga ngo “urakoze” mu gihe bahawe impano cyangwa bagiriwe neza.

Gutandukanya ikiza n’ikibi

Kwigisha abana gutandukanya ikiza n’ikibi bibagirira akamaro ndetse n’igihe bazaba bamaze gukura.

Kwita ku bintu

Ni ryari wagombye gutoza umwana kwita ku bintu?

Uko wakwigisha umwana wawe

Igihano gikubiyemo byinshi birenze kumuha amategeko no kumuhana.

Kwihangana

Abana batojwe umuco wo kwihangana baba bashobora guhangana n’ibibazo bazahura na byo mu buzima.

Uko wafasha umwana wawe kwihangana mu gihe ibintu bitagenze nk’uko yabyifuzaga

Hari igihe twese tutagera ku byo twifuzaga. Jya ufasha abana bawe kwitega ko byababaho, kandi ubafashe kumenya uko bakemura ibibazo.

Uko wafasha umwana wawe kugira amanota meza

Reba icyagufasha kumenya impamvu umwana wawe agira amanota mabi n’uko wamushishikariza kwiga.

Nakora iki niba hari abannyuzura umwana wange?

Ibintu bine byafasha umwana wawe kumenya icyo yakora hagize abamunnyuzura.

Uko washimira abana bawe

Dore uburyo bwo gushimira bufite akamaro.

Uko wafasha ingimbi n’abangavu

Inama eshanu zishingiye kuri Bibiliya zafasha ingimbi n’abangavu.

Mu gihe umwana akubajije ibirebana n’urupfu

Ibintu bine byagufasha gusubiza umwana ibirebana n’urupfu no kwihanganira gupfusha.

Ni iki cyafasha abana gukunda Imana?

Wakora iki ngo ubutumwa bwo muri Bibiliya bukore abana bawe ku mutima?

Uko waganira n’abana ibirebana n’ivangura ry’amoko

Kuganira n’abana ukurikije imyaka yabo bishobora kubafasha kwirinda kwandura imitekerereze mibi y’abandi ku birebana n’amoko.

Ababyeyi bakwigisha bate abana babo ibyerekeye ibitsina?

Bibiliya irimo amahame menshi y’ingirakamaro yagufasha kuganira n’umwana wawe ibyerekeye ibitsina, kandi ukamurinda abashobora kumufata ku ngufu.

Uko waganira n’abana ibirebana n’ibitsina

Abakiri bato bugarijwe n’ubutumwa buvuga iby’ibitsina kandi basigaye babubona bakiri bato cyane. Ni iki wagombye kumenya kandi se ni iki wakora ngo urinde abana bawe?

Rinda abana bawe

Ababyeyi ba Kalebu na Sofiya babigishije uko bakwirinda akaga.

Uko waganira n’abana ku birebana n’inzoga

Ni ryari ababyeyi baganira n’abana babo kuri iyo ngingo y’ingenzi?

Uburere

Uko watoza abana bawe umuco wo kwifata

Guha umwana ikintu cyose asabye, bishobora gutuma atagira icyo yigezaho.

Uko watoza abana kwicisha bugufi

Ushobora kwigisha abana umuco wo kwicisha bugufi ariko utabatesheje agaciro.

Uko wahana abana bawe

Kutumvikana mu birebana no kurera abana bishobora guteza ibibazo mu muryango. Menya icyo abashakanye bakora.

Kuki abana batagihanwa?

Ese inkubiri yabayeho mu myaka ya za 60 ishobora kugira ingaruka ku buryo abana barerwa muri iki gihe?

Wagombye guhana abana bawe ute?

Bibiliya igaragaza ibintu bitatu biranga igihano cyiza.

Uko watoza umwana kumvira

Ese wowe n’umwana wawe muhora murwanira ubuyobozi kandi umwana agasa naho ari we ubwegukana. Dore inama eshanu zabigufashamo.

Kumenya kwifata

Kuki umuco wo kumenya kwifata ari ingenzi kandi se twawitoza dute?

Kwicisha bugufi

Nutoza abana bawe umuco wo kwicisha bugufi bizabagirira akamaro muri iki gihe no mu gihe kizaza.

Uko wakwitoza guhakanira umwana wawe

Byagenda bite mu gihe umwana wawe yiriza cyangwa akagutitiriza kugira ngo abone ibyo ashaka?

Mu gihe umwana akunda kwirakaza

Wakora iki mu gihe umwana wawe yirakaje? Dore amahame yo muri Bibiliya yagufasha guhangana n’icyo kibazo.

Mu gihe umwana wawe abeshya

Wakora iki mu gihe umwana wawe abeshya? Iyi ngingo igaragaza inama zishingiye kuri Bibiliya zagufasha gutoza abana kuvugisha ukuri.